Meddy - Nka Paradizo Lyrics






Nasanze urukundo
Ruruta byose
Kwihishira ni ukwibeshya

No mu gusaza (yeah)
Nzahora nkukunda (yeah)
Nkaho ari ubwa nyuma (yeah)

Tambuka
Oya, ntutinye kugwa
Turi kumwe
Abifuza ko nabivamo
Ntibazi ko ari wowe
Ngwino tubijyane bucece

Kuva nakumenya wanyibukije umudendezo
Tujyana umurikiye nk’izuba rirasa
Duhuza amaso, nkananirwa kwifata
Umutima ugasabayangwa (Duhora turi kumwe ubudatandukana)
Bisa nka Paradizo (Duhora turi kumwe ubudatandukana)
Bisa nka Paradizo (Duhora turi kumwe ubudatandukana)

Bazakubwira ko bizashira
Bifuze ko nkuta
Niko iyi si imera
Reka nkubere inyenyeri itazima
Imvura izagwa, nkubere ubwugamo

Tambuka
Oya, ntutinye kugwa
Turi kumwe
Abifuza ko nabivamo
Ntibazi ko ari wowe

Kuva nakumenya wanyibukije umudendezo
Tujyana umurikiye nk’izuba rirasa
Duhuza amaso, nkananirwa kwifata
Umutima ugasabayangwa (Duhora turi kumwe ubudatandukana)
Bisa nka Paradizo (Duhora turi kumwe ubudatandukana)
Bisa nka Paradizo (Duhora turi kumwe ubudatandukana)

Iyeeeeh!!! Uhhhhmmmm
Kuva nakumenya Iyeeeeh
Umudendezo Iyeeeeh
Ntibazi ko ari wowe

Kuva nakumenya wanyibukije umudendezo
Tujyana umurikiye nk’izuba rirasa
Duhuza amaso, nkananirwa kwifata
Umutima ugasabayangwa (Duhora turi kumwe ubudatandukana)
Bisa nka Paradizo (Duhora turi kumwe ubudatandukana)
Bisa nka Paradizo (Duhora turi kumwe ubudatandukana)

Kuva nakumenya wanyibukije umudendezo
Tujyana umurikiye nk’izuba rirasa
Duhuza amaso, nkananirwa kwifata
Umutima ugasabayangwa (Duhora turi kumwe ubudatandukana)
Bisa nka Paradizo (ubudatandukana)
Bisa nka Paradizo (Duhora turi kumwe ubudatandukana)





Other Lyrics by Artist

Rand Lyrics

Last Posts

Meddy Nka Paradizo Comments